Kirehe: Abayobozin’abaturagebasabwekwimakazaubumwen’ubudaheranwa
Yanditswe na Manishimwe janvier
Ku wakanetarikiya 23 Ukwakira 2025, abayobozin’abaturagebo mu karerekaKirehe, basabwekwimakaza ubumwen’ubudaherwa
Ibyobyagarutsweho mu namanyunguranabitekerezo y’Ihurirory’Ubumwen’Ubudaheranwa, yarifite insanganyamatsiko igiriti “TwimakazeUbumwen’Ubudaheranwa.”
Iyinama yabaye urubuga rwo gusangira ibitekerezo kuburyo bwo gusigasira indangagaciroz’ubumwen’ubudaheranwa, kwigisha amatekay’u Rwanda no gukomeza kwirinda icyagarura amacakubiri mu Banyarwanda
Umushyitsi Mukuru muriyinama, Hon. Nyirarukundo Ignacienne, umwe mu bagize urubuga Ngishwanamaz’inararibonyez’u Rwanda, yasabye abitabiriye gushyira imbaraga mu burerebw’urubyiruko, arusaba kuba abarinzib’indangagaciroz’ubumwen’ubudaheranwa.
Yagizeati: “Ndabasabakwigisha urubyiruko amatekay’igihugu no kurutozagukunda u Rwanda. Tugomba gukoresha neza imbugankoranyambaga, tukazihindura urubuga rwo gusakaza ukuri no guhanganan’ingengabitekerezo ya Jenoside.”
Yongeyeho ko “kubumwe” ari wo murage ukomeye Abanyarwanda bagomba gusigasira uko ibihe bihinduka, asaba buriwese kwirinda ivanguran’amacakubiri iryariryo ryose.
Dr. Pierre Damien Habumuremyi, nawe uri mu bagize Urubuga Ngishwanamarw’Inararibonyez’u Rwanda, yibukije abitabiriye ko buri Munyarwanda afite uruhare mu gusigasira ubumwe igihugu cyagezeho nyumay’imyakay’icuraburindi ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Ati: “Abagize ihurirory’Ubumwen’Ubudaheranwa ni inkingiz’ubumwebw’Abanyarwanda. Tugomba gufatanya kwimakaza ibyotwubakiyeho nyuma ya Jenoside, kandi dushimira Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, kuburyo yahuje Abanyarwanda bose mu ntego imwe yo kubaka igihugu gihamye.”
Ni mu gihe Umuyobozi w’Akarere ka Kirehe, Rangira Bruno, yavuze ko kwimakaza ubumwe n’ubudaheranwa arikimwe mu byihutirwa mu bikorwa by’Akarere, by’umwihariko mu gukomeza kubaka imibanire myizan’ubufatanye hagati y’abaturage.










Leave a comment